Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus
Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwanyomoje amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwarwo rwa Covid-19 rwafatanyije na BioNTech rurimo ibishobora gutera indwara ya Hantavirus, rugaragaza ko abantu…
Read moreUrukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza
Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwemeje ko iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga Habyarimana, umugore wa Perezida Juvenal Habyarimana, rikomeza, nyuma yo gutesha agaciro icyemezo cyari cyafashwe umwaka ushize…
Read moreIbyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Bostwana rwasize hasinywe amasezerano mu ngeri zinyuranye nk’ubufatanye mu gukuraho visa ku baturage, kuzamura ubucuruzi n’ishoramari hagati y’impande zombi…
Read moreAimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igororero (RCS) rwatangaje ko Karasira Aimable Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Nigga yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Kane…
Read moreDjihad yasobanuriye urukiko ibyo apfa na Semuhungu na Xinda asaba ko ubuhamya bwabo bwateshwa agaciro
Ubwo yaburanaga ubujurire bwe kuri uyu wa Mbere, Djihad [Uzabakiriho Cyprien] yavuze ko afitanye ibibazo na Eric Semuhungu na Xinda byatumye bamwihimuraho bamutangira ubuhamya butari bwo asaba ko yagirwa umwere…
Read moreDJ Toxxyk yafunguwe nyuma y’amezi ane n’iminsi 14 ahanishwa amande n’imirimo nsimburagifungo
Kuri uyu Mbere tariki ya 4 Gicurasi 2026, ni bwo Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk arekurwa, nyuma yo kumuhamya ibyaha yari…
Read moreU Rwanda rurateganya gushyiraho itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko harimo gutegurwa itegeko rifasha ababyeyi gukumira abana bataruzuza imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga kuko byagaragaye ko gukoresha ikoranabuhanga nabi bibagiraho ingaruka haba ku…
Read moreMwe bato mumenye ko ukuri tuvuga ko guca mu ziko ntigushye-Madamu Jeannette Kagame
“Mwe bato, mumenye ko ukuri n’ubwo tuvuga ko guca mu ziko ntigushye ndetse igihe cyose gutsinda umwijima, ariko ntikwirwanirira. Bisaba abantu bahaguruka bakagushyira ahagaragara, bakoresheje ubwenge n’ubushishozi kuko abarwanya ukuri…
Read moreU Buhinde: Banki yamusabye icyemezo cy’uwapfuye, ayishyira umurambo
Umugabo wo mu Buhinde muri Leta ya Odisha mu Karere ka Keonjhar witwa Jitu Munda yacukuye ahari hashyinguwe mushiki we akuramo umurambo awujyana kuri banki kugira ngo abikuze amafaranga yari kuri…
Read moreKigali: Harageragezwa ikoranabuhanga rifasha abagenzi kumenya aho bisi igeze n’imyanya ifite
Sosiyete ya Leta ishinzwe gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali (Ecofleet Solutions) yatangaje ko yatangiye kugerageza uburyo bw’ikoranabuhanga mu gutega bisi, aho umugenzi amenya aho igeze…
Read more












