Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Ni ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze .…

Read more

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Mu itangazo inzego zishinzwe ubutabazi muri Uttar Pradesh zanyujije ku…

Read more

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwanyomoje amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwarwo rwa Covid-19 rwafatanyije na BioNTech rurimo ibishobora gutera indwara ya Hantavirus, rugaragaza ko abantu…

Read more

Shakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Shakira na Barna Boy bahuriye mu ndirimbo bahimbiye igikombe cy’Isi cya 2026 Umuhanzi Shakira yatangaje ko indirimbo amaze iminsi ateguza yayikoreye umwihariko w’imikino y’Igikombe cy’Isi cy’umupira w’Amaguru cya 2026 (FIFA…

Read more

Aimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igororero (RCS) rwatangaje ko Karasira Aimable Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Nigga yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Kane…

Read more

Bamwe mu bakunzi ba King James basabye ko igitaramo afite cyimurirwa muri Stade Amahoro

Nyuma y’uko amatike y’igitaramo cya King James witegura kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki ashize burundu ku isoko mu minsi itatu gusa yari amaze agurishwa, abafana be batabashije kugura bakomeje…

Read more

Beyoncé yabyitabiriye nyuma y’imyaka 10: Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Meta Gala 2026

Ibirori bya Met Gala by’uyu mwaka wa 2026 byongeye kugaragaza impamvu bifatwa nk’ijoro rikomeye kurusha andi mu bijyanye n’imideli ku Isi, aho ibyamamare byahurije hamwe imbaraga mu kwerekana udushya twihariye…

Read more

Ibintu 5 byafashije King James guca agahigo mu Rwanda mu kugurisha amatike yose mu minsi itatu “Sold Out”

Mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, si kenshi wumva inkuru y’igitaramo gishyirwa ku isoko, amatike agashira mu minsi mike cyane, kandi hakiri amezi menshi ngo kibe. Ni ibintu bisaba izina rikomeye,…

Read more

Djihad yasobanuriye urukiko ibyo apfa na Semuhungu na Xinda asaba ko ubuhamya bwabo bwateshwa agaciro

Ubwo yaburanaga ubujurire bwe kuri uyu wa Mbere, Djihad [Uzabakiriho Cyprien] yavuze ko afitanye ibibazo na Eric Semuhungu na Xinda byatumye bamwihimuraho bamutangira ubuhamya butari bwo asaba ko yagirwa umwere…

Read more

Eric Semuhungu yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo yerekeza mu igororero rya Nyarugenge

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Eric Semuhungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo agakomeza gukurikiranwa afunze nyuma y’uko rusanze hari impamvu zikomeye ku byaha acyekwaho. Urubanza rwa Eric Semuhungu rwabaye ku…

Read more