INDEGE YA MTN IRIGUKORA MURI TOUR DU RWANDA YINJIWEMO NIBISAMBO INYAMIRAMBO

screenshot

INDEGE YA MTN IRIGUKORA MURI TOUR DU RWANDA YINJIWEMO NIBISAMBO INYAMIRAMBO

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!

Ninyuma gato yuko isigantwa rwahagurukaga ihuye rwerekeza kigali mumvura nyinshi cyane yatumye abari bayirinze bajya kugama abandi bahungu 3 bataramenyekana imyirondoro baza bayinjiramo Amakuru ahari nuko nabyangiritse cyane abandi barigukurikirantwa

img 6333 (1)
screenshot

Umunya-Brazil Bravo Ribeiro ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Development Team yegukanye Agace ka Karindwi ka Tour du Rwanda 2026.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Gashyantare 2026 ni bwo Tour du Rwanda 2026 yakomeje hakinwa agace ka Karindwi kavuye i Musanze kerekeza mu mujyi wa Kigaki kur Kigali Pele Stadium banyuze i Gicumbi ku ntera y’ibilometero 147,2.

Kugeza kuri uyu munsi hari hasigayemo abakinnyi 67 muri 84 batangiye nyuma y’uko abandi bagiye bavamo bitewe n’impamvu zitandukanye. Nk’uko bisanzwe, abakinnyi babanje kugenda ibilometero 3.1 bitabarwa.

screenshot
Abakinnyi batangiye bari hamwe gusa bamwe bagashaka kugenda ariko bikarangira igikundi kibacitse. Bruno Martins w’Ikipe ya Localiza ni we wegukanye amanota y’Umusozi wa Buranga ku kilometero cya 19.
Reuben Thompson wa Lotto-Groupe Wanty yaje kujya imbere ubundi ku kilometero cya 30 Novak na Parrera ba Movistar Devo Team nabo bamusangayo.
Reuben Thompson yegukanye ya Sprint yatangiwe ku kilometero cya 40, yegukana amanota y’Umusozi wa Tetero n’ay’umusozi wa Gicumbi yatangiwe ku kilometero cya 83.
Ba bakinnyi batatu bari bari imbere bakomeje gushyiramo intera hagati yabo n’igikundi kugeza n’aho hagiyemo iminota ibiri. Mu bilometero 30 bya nyuma iyi ntera yatangiye kugabanyuka.
screenshot


Umunyarwanda waje hafi ni Masengesho Vainqueur wa Benediction Banafrica Team waje ku mwanya wa 16 akaba yasizwe amasegonda 30 n’uwa mbere.
Kretschy Moritz wa NSN Development Team ni we wakomeje kwambara mwambaro w’umuhondo. Umunyarwanda uza hafi ku rutonde rusange ni Niyonkuru Samuel wa Team Amani akaba ari ku mwanya wa 17 aho asigwa iminota itanu n’amasegonda 51 izakomeza ejo kuw 1.

Related Posts

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Thank you for reading this post, don’t…

Read more

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe!…

Read more

You Missed

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)