Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Abinyujije mu ibaruwa ifunguye yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye ari gutera akabariro. Ni ibaruwa Yampano ahamya ko yaturutse ku cyemezo yafashe mu rwego…

Read more

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwanyomoje amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwarwo rwa Covid-19 rwafatanyije na BioNTech rurimo ibishobora gutera indwara ya Hantavirus, rugaragaza ko abantu…

Read more

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Bostwana rwasize hasinywe amasezerano mu ngeri zinyuranye nk’ubufatanye mu gukuraho visa ku baturage, kuzamura ubucuruzi n’ishoramari hagati y’impande zombi…

Read more

Aimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igororero (RCS) rwatangaje ko Karasira Aimable Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Nigga yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Kane…

Read more

Bamwe mu bakunzi ba King James basabye ko igitaramo afite cyimurirwa muri Stade Amahoro

Nyuma y’uko amatike y’igitaramo cya King James witegura kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki ashize burundu ku isoko mu minsi itatu gusa yari amaze agurishwa, abafana be batabashije kugura bakomeje…

Read more

Beyoncé yabyitabiriye nyuma y’imyaka 10: Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Meta Gala 2026

Ibirori bya Met Gala by’uyu mwaka wa 2026 byongeye kugaragaza impamvu bifatwa nk’ijoro rikomeye kurusha andi mu bijyanye n’imideli ku Isi, aho ibyamamare byahurije hamwe imbaraga mu kwerekana udushya twihariye…

Read more

Ibintu 5 byafashije King James guca agahigo mu Rwanda mu kugurisha amatike yose mu minsi itatu “Sold Out”

Mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, si kenshi wumva inkuru y’igitaramo gishyirwa ku isoko, amatike agashira mu minsi mike cyane, kandi hakiri amezi menshi ngo kibe. Ni ibintu bisaba izina rikomeye,…

Read more

Djihad yasobanuriye urukiko ibyo apfa na Semuhungu na Xinda asaba ko ubuhamya bwabo bwateshwa agaciro

Ubwo yaburanaga ubujurire bwe kuri uyu wa Mbere, Djihad [Uzabakiriho Cyprien] yavuze ko afitanye ibibazo na Eric Semuhungu na Xinda byatumye bamwihimuraho bamutangira ubuhamya butari bwo asaba ko yagirwa umwere…

Read more

Eric Semuhungu yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo yerekeza mu igororero rya Nyarugenge

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Eric Semuhungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo agakomeza gukurikiranwa afunze nyuma y’uko rusanze hari impamvu zikomeye ku byaha acyekwaho. Urubanza rwa Eric Semuhungu rwabaye ku…

Read more

DJ Toxxyk yafunguwe nyuma y’amezi ane n’iminsi 14 ahanishwa amande n’imirimo nsimburagifungo

Kuri uyu Mbere tariki ya 4 Gicurasi 2026, ni bwo Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk arekurwa, nyuma yo kumuhamya ibyaha yari…

Read more