Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi
Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Ni ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze .…
Read moreU Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90
Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Mu itangazo inzego zishinzwe ubutabazi muri Uttar Pradesh zanyujije ku…
Read moreYampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro
Abinyujije mu ibaruwa ifunguye yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye ari gutera akabariro. Ni ibaruwa Yampano ahamya ko yaturutse ku cyemezo yafashe mu rwego…
Read moreUrukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza
Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwemeje ko iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga Habyarimana, umugore wa Perezida Juvenal Habyarimana, rikomeza, nyuma yo gutesha agaciro icyemezo cyari cyafashwe umwaka ushize…
Read moreIbyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Bostwana rwasize hasinywe amasezerano mu ngeri zinyuranye nk’ubufatanye mu gukuraho visa ku baturage, kuzamura ubucuruzi n’ishoramari hagati y’impande zombi…
Read moreShakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi cya 2026
Shakira na Barna Boy bahuriye mu ndirimbo bahimbiye igikombe cy’Isi cya 2026 Umuhanzi Shakira yatangaje ko indirimbo amaze iminsi ateguza yayikoreye umwihariko w’imikino y’Igikombe cy’Isi cy’umupira w’Amaguru cya 2026 (FIFA…
Read moreAimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igororero (RCS) rwatangaje ko Karasira Aimable Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Nigga yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Kane…
Read moreBamwe mu bakunzi ba King James basabye ko igitaramo afite cyimurirwa muri Stade Amahoro
Nyuma y’uko amatike y’igitaramo cya King James witegura kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki ashize burundu ku isoko mu minsi itatu gusa yari amaze agurishwa, abafana be batabashije kugura bakomeje…
Read moreIbintu 5 byafashije King James guca agahigo mu Rwanda mu kugurisha amatike yose mu minsi itatu “Sold Out”
Mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, si kenshi wumva inkuru y’igitaramo gishyirwa ku isoko, amatike agashira mu minsi mike cyane, kandi hakiri amezi menshi ngo kibe. Ni ibintu bisaba izina rikomeye,…
Read more










