BIRIKWIHUTISHWA IBIKORWA BYA MONETIZITION MURWANDA

img 6532

Ninyuma yaho ikibazo gitanzwe muntama yumushyikirana na Bruce Melody cyirikwigwaho byihuse ninzego zibishinzwe Mu myaka ishize, kwinjiza amafaranga ku mbuga nkoranyambaga byafatwaga nk’amahirwe make ahabwa abahanzi n’abanyabugeni bo mu bihugu bikize gusa.
Uko imbuga nkoranyambaga zagendaga zifata
intera, byahinduye Isi isoko imwe, aho uwari i Lagos, Nairobi cyangwa Kigali yashoboraga kugera ku bafana i New York cyangwa London.
Ariko kuri benshi mu Banyarwanda, iri shoramari rishya ryarahagaze. Nubwo YouTube, Facebook, Instagram na TikTok byabaye igikoresho gikomeye cyo kwamamaza no kwigaragaza, benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda baracyahura n’imbogamizi yo kutabasha kuzikoreraho amafaranga mu buryo bwemewe, keretse biyitiriye ibindi bihugu, ikintu kitagomba kuba mu gihugu gifite icyerekezo cyo kuba igicumbi cy’ikoranabuhanga.

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!
screenshot

Ni iki imbuga nkoranyambaga zisaba
igihugu kugira ngo gihabwe ‘Monetization’?
Minisitiri wIkoranabuhanga mu Itumanaho
na Inovasiyo, Paula Ingabire, kuri uyu wa Gatanu, yabwiye abari mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano, ko hari ibintu bitatu by’ingenzi imbuga nkoranyambaga zireba
mbere yo gufungura ‘monetization’ mu gihugu runaka:

  1. Isoko rihagije ry’abamamaza. Iki ni cyo
    cy’ingenzi kurusha ibindi.
    Imbuga nka Meta (Facebook & Instagram) na
    Google (YouTube) zishingira cyane ku mafaranga atangwa n’abamamaza. Bikorwa neza mu gihugugifite: Ibigo byinshi
    byiyemeza kwamamaza kuri internet, n’amafaranga ahoraho ashyirwa mukwamamaza.
    Mu Rwanda, Minisitiri Ingabire
img 6533

Abahanga mu ikoranabuhanga bavuga ko iyo
‘monetization’ ifunguwe: Abahanzi binjiza ku
ndirimbo n’amashusho yabo. Abanyabugeni (content creators) bakabasha kwibeshaho.
Urubyiruko rubona akazi gashya kadakeneye imigabane minini
Igihugu kikungukira mu misoro, ubukungu bushigiye ku ikoranabuhanga bugatera imbere. Ibi binagabanya ubushomeri, bikongera icyizere cy’urubyiruko, bigaha agaciro impano zo mu gihugu.
Inzira y’u Rwanda irimo iki?Nk’uko Perezida Kagame yabigaragaje, ikibazo ntikiri mu biganiro na Meta cyangwa Google, ahubwo kiri mu guhindura imyumvire y’abashoramari bo mu gihugu, bakumva ko:
Imbuga nkoranyambaga atari ahantu hogutangariza amakuru gusa, ahubwo ari isoko ry’ubucuruzi.

@jeyponly

hand writing with pen black glyph icon vector (1)

Related Posts

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Thank you for reading this post, don’t…

Read more

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe!…

Read more

You Missed

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)