Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Ni ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze .…

Read more

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Mu itangazo inzego zishinzwe ubutabazi muri Uttar Pradesh zanyujije ku…

Read more

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Abinyujije mu ibaruwa ifunguye yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye ari gutera akabariro. Ni ibaruwa Yampano ahamya ko yaturutse ku cyemezo yafashe mu rwego…

Read more

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwanyomoje amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwarwo rwa Covid-19 rwafatanyije na BioNTech rurimo ibishobora gutera indwara ya Hantavirus, rugaragaza ko abantu…

Read more

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwemeje ko iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga Habyarimana, umugore wa Perezida Juvenal Habyarimana, rikomeza, nyuma yo gutesha agaciro icyemezo cyari cyafashwe umwaka ushize…

Read more

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Bostwana rwasize hasinywe amasezerano mu ngeri zinyuranye nk’ubufatanye mu gukuraho visa ku baturage, kuzamura ubucuruzi n’ishoramari hagati y’impande zombi…

Read more

Shakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Shakira na Barna Boy bahuriye mu ndirimbo bahimbiye igikombe cy’Isi cya 2026 Umuhanzi Shakira yatangaje ko indirimbo amaze iminsi ateguza yayikoreye umwihariko w’imikino y’Igikombe cy’Isi cy’umupira w’Amaguru cya 2026 (FIFA…

Read more

Aimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igororero (RCS) rwatangaje ko Karasira Aimable Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Nigga yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Kane…

Read more

Bamwe mu bakunzi ba King James basabye ko igitaramo afite cyimurirwa muri Stade Amahoro

Nyuma y’uko amatike y’igitaramo cya King James witegura kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki ashize burundu ku isoko mu minsi itatu gusa yari amaze agurishwa, abafana be batabashije kugura bakomeje…

Read more

Beyoncé yabyitabiriye nyuma y’imyaka 10: Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Meta Gala 2026

Ibirori bya Met Gala by’uyu mwaka wa 2026 byongeye kugaragaza impamvu bifatwa nk’ijoro rikomeye kurusha andi mu bijyanye n’imideli ku Isi, aho ibyamamare byahurije hamwe imbaraga mu kwerekana udushya twihariye…

Read more