Beyoncé yabyitabiriye nyuma y’imyaka 10: Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Meta Gala 2026

Ibirori bya Met Gala by’uyu mwaka wa 2026 byongeye kugaragaza impamvu bifatwa nk’ijoro rikomeye kurusha andi mu bijyanye n’imideli ku Isi, aho ibyamamare byahurije hamwe imbaraga mu kwerekana udushya twihariye…

Read more

Djihad yasobanuriye urukiko ibyo apfa na Semuhungu na Xinda asaba ko ubuhamya bwabo bwateshwa agaciro

Ubwo yaburanaga ubujurire bwe kuri uyu wa Mbere, Djihad [Uzabakiriho Cyprien] yavuze ko afitanye ibibazo na Eric Semuhungu na Xinda byatumye bamwihimuraho bamutangira ubuhamya butari bwo asaba ko yagirwa umwere…

Read more

Eric Semuhungu yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo yerekeza mu igororero rya Nyarugenge

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Eric Semuhungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo agakomeza gukurikiranwa afunze nyuma y’uko rusanze hari impamvu zikomeye ku byaha acyekwaho. Urubanza rwa Eric Semuhungu rwabaye ku…

Read more

U Buhinde: Banki yamusabye icyemezo cy’uwapfuye, ayishyira umurambo

Umugabo wo mu Buhinde muri Leta ya Odisha mu Karere ka Keonjhar witwa Jitu Munda yacukuye ahari hashyinguwe mushiki we akuramo umurambo awujyana kuri banki kugira ngo abikuze amafaranga yari kuri…

Read more

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Bayern Munchen 

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakurikiye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Paris Saint-Germain na Bayern Munchen.  Ni umukino wakinwe mu ijoro ryo ku wa…

Read more

Umukinnyi wa Nollywood Solomon Akiyesi, yitabye Imana

Umukinnyi wa filimi wabifatanyaga n’ubucuruzi wamenyekanye mu gukina izo muri Nigeria ari na ho avuka, Solomon Akiyesi yitabye Imana ibintu byababaje abakunzi b’ibikorwa bye, umuryango n’inshuti. Inkuru y’akababaro yamenyekanye ku…

Read more

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwegukana Igikombe cya FIFA Series 2026 mu Itsinda A, bagaragaza ka ari intangiriro nziza z’uko ikipe izatungurana mu minsi…

Read more

Abakinnyi b’intoranywa bavuye mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika, bagiye guhurira mu irushanwa mpuzamahanga ry’Iteramakofe rya Kigali Fight Night riteganyijwe mu ijoro rya tariki ya 28 Werurwe 2026.

Kigali Fight Night ni rimwe mu marushanwa akomeye y’Iteramakofe akinwa mu Rwanda, dore ko riheruka kuba mu mwaka ushize wa 2025, gusa rikaba ryari ryiganjemo Abanyarwanda. Kuri iyi nshuro ryongeyemo…

Read more

MAN CITY YONGEYE KUVA KU BINTU ,ARSENAL IBYINIRA KU RUKOMA

Arsenal yongeye gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) nyuma yo kugira amanota 70 Ibi bije nyuma y’intsinzi ikomeye Arsenal yakuye kuri Everton mu mpera z’icyumweru…

Read more

Umukino utegerejwemo Messi na Yamal ushobora gusubikwa kubera kutumvikana

Umukino ukomeye wa Finalissima utegerejwemo Lionel Messi na Lamine Yamal ushobora gusubikwa nyuma y’uko habayeho kutumvikana kuri Stade izawakira. Uyu mukino uhuza ikipe yegukanye igikombe cy’Umugabane w’Iburayi cya Euro na…

Read more