Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi
Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Ni ibyaha byavuye mu iperereza ry’ibanze .…
Read morePfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus
Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwanyomoje amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwarwo rwa Covid-19 rwafatanyije na BioNTech rurimo ibishobora gutera indwara ya Hantavirus, rugaragaza ko abantu…
Read moreUrukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza
Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwemeje ko iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga Habyarimana, umugore wa Perezida Juvenal Habyarimana, rikomeza, nyuma yo gutesha agaciro icyemezo cyari cyafashwe umwaka ushize…
Read moreIbyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Bostwana rwasize hasinywe amasezerano mu ngeri zinyuranye nk’ubufatanye mu gukuraho visa ku baturage, kuzamura ubucuruzi n’ishoramari hagati y’impande zombi…
Read moreAimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igororero (RCS) rwatangaje ko Karasira Aimable Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Nigga yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Kane…
Read moreBamwe mu bakunzi ba King James basabye ko igitaramo afite cyimurirwa muri Stade Amahoro
Nyuma y’uko amatike y’igitaramo cya King James witegura kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki ashize burundu ku isoko mu minsi itatu gusa yari amaze agurishwa, abafana be batabashije kugura bakomeje…
Read moreIbintu 5 byafashije King James guca agahigo mu Rwanda mu kugurisha amatike yose mu minsi itatu “Sold Out”
Mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, si kenshi wumva inkuru y’igitaramo gishyirwa ku isoko, amatike agashira mu minsi mike cyane, kandi hakiri amezi menshi ngo kibe. Ni ibintu bisaba izina rikomeye,…
Read moreDjihad yasobanuriye urukiko ibyo apfa na Semuhungu na Xinda asaba ko ubuhamya bwabo bwateshwa agaciro
Ubwo yaburanaga ubujurire bwe kuri uyu wa Mbere, Djihad [Uzabakiriho Cyprien] yavuze ko afitanye ibibazo na Eric Semuhungu na Xinda byatumye bamwihimuraho bamutangira ubuhamya butari bwo asaba ko yagirwa umwere…
Read moreEric Semuhungu yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo yerekeza mu igororero rya Nyarugenge
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Eric Semuhungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo agakomeza gukurikiranwa afunze nyuma y’uko rusanze hari impamvu zikomeye ku byaha acyekwaho. Urubanza rwa Eric Semuhungu rwabaye ku…
Read moreDJ Toxxyk yafunguwe nyuma y’amezi ane n’iminsi 14 ahanishwa amande n’imirimo nsimburagifungo
Kuri uyu Mbere tariki ya 4 Gicurasi 2026, ni bwo Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk arekurwa, nyuma yo kumuhamya ibyaha yari…
Read more











