Uwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu barimo Umufaransakazi Karine Buisset wakoreraga ishami ry’Umuryango…
Read morePerezida Kagame yitabiriye inama ijyanye ni ingufu za Nukiliyeri i Paris
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umuhango wo gutangiza inama ya kabiri mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’imikoreshereze y’ingufu za nukiliyeri, ibera i Paris mu gihugu…
Read moreAbanyarwanda bari muri UAE na Bahrain basabwe kwiyandikisha bagahabwa ubufasha bakanitabwaho
Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain basabwe kwiyandikisha bagahabwa ubufasha bakanitabwaho Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu [UAE] yahamagariye Abanyarwanda bari muri iki gihugu n’abari muri Bahrain muri…
Read moreUBUSHINJACYAHA KU RWEGO RWI’IBANZE BWAREGEYE URUKIKO RW’IBANZE RWA NYARUGENGE MU MIZI RWA SHEMA WAMENYEKANYE NKA DJTOXXYK
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Mutarama 2026, Shema Arnold wamenyekanye nka Dj Toxxyk yaburanye mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nyuma yo kujuririra umwanzuro w’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge wo…
Read moreINTAMBARA MURI IRAN IKOMEJE GUFATA INERA AMERICA YARIZIKO IZAMA IGIHE GITO
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yapfuye yishwe ku myaka 86, nyuma y’igitero cy’indege cyagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, ku nyubako yari atuyemo. Ibinyamakuru bya…
Read more











