Amerika yashyize urumogi mu cyiciro cy’ibitangiriza ubuzima

Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2026, Minisitiri w’Ubutabera w’agateganyo, Todd Blanche, yahinduye ibyiciro by’imiti n’ibicuruzwa bisangwamo urumogi, abikura mu cyiciro cya mbere bishyirwa mu cya gatatu kidahungabanya ababikoresha.…

Read more

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwandagarijwe mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda

Ku wa 21 Mata 2026, Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwandagarijwe mu rubanza rwa Lt Gen Philémon Yav Irung ushinjwa gukorana na Leta y’u Rwanda. Lt Gen…

Read more

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo Kwibuka

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umugoroba wabereye muri BK Arena ahasorejwe urugendo rwo Kwibuka, aho Perezida…

Read more

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…

Read more

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Abantu benshi bakunze kumva ko mu gihe cy’amakimbirane hagati y’ibihugu, hakunze kubaho kwitabaza Loni ngo igire icyo ikora nk’umuryango mpuzamahanga. Ni kenshi iyo nyito ya kabiri ikoreshwa nk’irindi zina rya…

Read more

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Mu 2025 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje amabwiriza mashya, arimo ingingo isaba abashaka gushinga imiryango ishingiye ku myemerere kuba bafite inyubako yihariye igenewe gusengerwamo gusa, kandi bakabanza gukusanya imikono…

Read more

Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Dr. William Samoei Ruto wa Kenya batangije ibikorwa byo kongera umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu byombi, ukazakomereza mu Rwanda.

Uyu muhanda unyura mu karere ka Naivasha, Kisumu na Malaba muri Kenya. Biteganyijwe ko uzahava ukomereze i Kampala, hanyuma hatangire ibikorwa byo kuwumanura werekeza ku Rwanda. Biteganyijwe kandi ko uyu…

Read more

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gukura mu ntambara zihanganyemo na Iran ubwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, nyuma yo gufatwa n’inkongi ikomeye.

USS Gerald R. Ford ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 4000, indege zirenga 75 z’intambara. Ifite ikoranabuhanga rihambaye rigenzura ibibera mu kirere no mu nyanja ndetse n’imbunda ziremereye. Ubu bwato bufite…

Read more

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yasabye urubyiruko gutinyuka rukayoboka ubuhinzi n’ubworozi kuko harimo amahirwe menshi kandi igihugu gikeneye kugira urubyiruko rugifasha mu kubona ibiryo bihagije kandi bifite ubuziranenge.

Yabigarutseho mu biganiro byahuje urubyiruko ruri mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi n’urushaka kuyoboka urwo rwego nka rumwe mu rufatiye runini ubukungu bwa Afurika. Ni ibiganiro byateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku iterambere…

Read more

Alain Destexhe abona ko Amerika yakabaye iryoza Leta ya RDC kwanga kwitandukanya na FDLR

Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abaganga batagira umupaka, MSF, yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakabaye zifatira ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibihano…

Read more