Amerika yashyize urumogi mu cyiciro cy’ibitangiriza ubuzima
Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2026, Minisitiri w’Ubutabera w’agateganyo, Todd Blanche, yahinduye ibyiciro by’imiti n’ibicuruzwa bisangwamo urumogi, abikura mu cyiciro cya mbere bishyirwa mu cya gatatu kidahungabanya ababikoresha.…
Read moreYago Pondat ari mu bitaro
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka. Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi…
Read moreKuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Dr. William Samoei Ruto wa Kenya batangije ibikorwa byo kongera umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu byombi, ukazakomereza mu Rwanda.
Uyu muhanda unyura mu karere ka Naivasha, Kisumu na Malaba muri Kenya. Biteganyijwe ko uzahava ukomereze i Kampala, hanyuma hatangire ibikorwa byo kuwumanura werekeza ku Rwanda. Biteganyijwe kandi ko uyu…
Read moreMu ijoro ryakeye ryo ku wa 17 Werurwe 2026 Doja Cat wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataramiye i Kigali mu gitaramo cya ‘Move Afrika’ aho yavuye buri wese mu bacyitabiriye amukuriye ingofero.
Mu bitabiriye iki gitaramo batashye bemeye uyu muhanzi harimo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe. Abinyujije ku rukuta rwe rwa ‘X’, Amb. Nduhungirehe yavuze ko yitabiriye ibitaramo…
Read moreLeta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gukura mu ntambara zihanganyemo na Iran ubwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, nyuma yo gufatwa n’inkongi ikomeye.
USS Gerald R. Ford ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 4000, indege zirenga 75 z’intambara. Ifite ikoranabuhanga rihambaye rigenzura ibibera mu kirere no mu nyanja ndetse n’imbunda ziremereye. Ubu bwato bufite…
Read moreMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yasabye urubyiruko gutinyuka rukayoboka ubuhinzi n’ubworozi kuko harimo amahirwe menshi kandi igihugu gikeneye kugira urubyiruko rugifasha mu kubona ibiryo bihagije kandi bifite ubuziranenge.
Yabigarutseho mu biganiro byahuje urubyiruko ruri mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi n’urushaka kuyoboka urwo rwego nka rumwe mu rufatiye runini ubukungu bwa Afurika. Ni ibiganiro byateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku iterambere…
Read moreAlain Destexhe abona ko Amerika yakabaye iryoza Leta ya RDC kwanga kwitandukanya na FDLR
Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abaganga batagira umupaka, MSF, yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakabaye zifatira ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibihano…
Read moreHazubakwa inzu hafi 5000 zihendutse: Imishinga y’imiturire u Rwanda ruzibandaho muri 2026
Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye kugira ngo intego za gahunda y’igihugu ya kabiri yo kwihutisha iterambere zigerweho.Kimwe mu biri kwibandwaho mu ikoreshwa ry’ingengo y’imari harimo no…
Read moreBen na Chance Bateguje ko bagiye gutaramira muri BK Arena mu gitaramo cy’amateka
Abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda, Ben and Chance, bemeje bidasubirwaho ko bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika. Ni igitaramo bise “Easter…
Read moreUwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu barimo Umufaransakazi Karine Buisset wakoreraga ishami ry’Umuryango…
Read more














