Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Mu 2025 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje amabwiriza mashya, arimo ingingo isaba abashaka gushinga imiryango ishingiye ku myemerere kuba bafite inyubako yihariye igenewe gusengerwamo gusa, kandi bakabanza gukusanya imikono…

Read more

Hazubakwa inzu hafi 5000 zihendutse: Imishinga y’imiturire u Rwanda ruzibandaho muri 2026

Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye kugira ngo intego za gahunda y’igihugu ya kabiri yo kwihutisha iterambere zigerweho.Kimwe mu biri kwibandwaho mu ikoreshwa ry’ingengo y’imari harimo no…

Read more

UEFA Champions League: Real Madrid yakoreye amabara Manchester City

Ikipe ya Real Madrid yugarijwe n’imvune yatunguranye itsinda Manchester City mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions League. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hakomeje imikino ibanza ya 1/8…

Read more

Perezida Kagame yitabiriye inama ijyanye ni ingufu za Nukiliyeri i Paris

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umuhango wo gutangiza inama ya kabiri mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’imikoreshereze y’ingufu za nukiliyeri, ibera i Paris mu gihugu…

Read more

Ngabo Roben wari Umunyamakuru wa RadioTv10 yerekeje muri FERWAFA

Umunyamakuru w’imikino Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Ngabo Roben’ wakoraga kuri RadioTV10, yerekeje mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nk’umukozi ushinzwe inozabubanyi n’itangazamakuru muri FERWAFA. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya…

Read more

icyinicyo gihe Itariki y’igitaramo cya King James cy’imyaka 20 ari mu muziki yamenyekanye

Ruhumuriza James wamamaye nka King James, umwe mu bahanzi bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyihariye cyo kwizihiza imyaka 20 amaze ari mu muziki.…

Read more

Donald Trump yakiriye Lionel Messi muri White House kunshuro yambere

Donald Trump yabaye Perezida wa mbere wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakiriye kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi muri White House. Mu rukerera rwo kuri…

Read more

Miss Muyango yasubije KNC wavuze ko ‘Guhostinga’ ari uburaya kandi arakazi

Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba rya Miss Photogenic mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, yumvikanishije ko atemeranya n’imvugo ya Kakooza Nkuriza Charles (KNC) wavuze ko akazi kazwi nko ‘guhostinga’ ari…

Read more

Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain basabwe kwiyandikisha bagahabwa ubufasha bakanitabwaho

Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain basabwe kwiyandikisha bagahabwa ubufasha bakanitabwaho Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu [UAE] yahamagariye Abanyarwanda bari muri iki gihugu n’abari muri Bahrain muri…

Read more

BIRIKWIHUTISHWA IBIKORWA BYA MONETIZITION MURWANDA

Ninyuma yaho ikibazo gitanzwe muntama yumushyikirana na Bruce Melody cyirikwigwaho byihuse ninzego zibishinzwe Mu myaka ishize, kwinjiza amafaranga ku mbuga nkoranyambaga byafatwaga nk’amahirwe make ahabwa abahanzi n’abanyabugeni bo mu bihugu…

Read more