Mwe bato mumenye ko ukuri tuvuga ko guca mu ziko ntigushye-Madamu Jeannette Kagame

“Mwe bato, mumenye ko ukuri n’ubwo tuvuga ko guca mu ziko ntigushye ndetse igihe cyose gutsinda umwijima, ariko ntikwirwanirira. Bisaba abantu bahaguruka bakagushyira ahagaragara, bakoresheje ubwenge n’ubushishozi kuko abarwanya ukuri…

Read more

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Bayern Munchen 

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakurikiye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Paris Saint-Germain na Bayern Munchen.  Ni umukino wakinwe mu ijoro ryo ku wa…

Read more

Kigali: Harageragezwa ikoranabuhanga rifasha abagenzi kumenya aho bisi igeze n’imyanya ifite

Sosiyete ya Leta ishinzwe gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali (Ecofleet Solutions) yatangaje ko yatangiye kugerageza uburyo bw’ikoranabuhanga mu gutega bisi, aho umugenzi amenya aho igeze…

Read more

Umukinnyi wa Nollywood Solomon Akiyesi, yitabye Imana

Umukinnyi wa filimi wabifatanyaga n’ubucuruzi wamenyekanye mu gukina izo muri Nigeria ari na ho avuka, Solomon Akiyesi yitabye Imana ibintu byababaje abakunzi b’ibikorwa bye, umuryango n’inshuti. Inkuru y’akababaro yamenyekanye ku…

Read more

Umunyarwanda yahembewe umusanzu atanga mu bushakashatsi ku rwungano rw’imitsi 

Umunyarwanda Dr Olivier Uwishema, yahawe igihembo n’Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ku Rwungano rw’Imitsi (American Academy of Neurology/ AAN) rimushimira umusnzu atanga mu bushakatsi n’ubuvuzi mu birebana n’urwungano rw’imitsi (neurology). Urungano rw’imitsi…

Read more

Amerika yashyize urumogi mu cyiciro cy’ibitangiriza ubuzima

Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2026, Minisitiri w’Ubutabera w’agateganyo, Todd Blanche, yahinduye ibyiciro by’imiti n’ibicuruzwa bisangwamo urumogi, abikura mu cyiciro cya mbere bishyirwa mu cya gatatu kidahungabanya ababikoresha.…

Read more

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo Kwibuka

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umugoroba wabereye muri BK Arena ahasorejwe urugendo rwo Kwibuka, aho Perezida…

Read more

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwegukana Igikombe cya FIFA Series 2026 mu Itsinda A, bagaragaza ka ari intangiriro nziza z’uko ikipe izatungurana mu minsi…

Read more

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Mu 2025 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje amabwiriza mashya, arimo ingingo isaba abashaka gushinga imiryango ishingiye ku myemerere kuba bafite inyubako yihariye igenewe gusengerwamo gusa, kandi bakabanza gukusanya imikono…

Read more