INDEGE YA MTN IRIGUKORA MURI TOUR DU RWANDA YINJIWEMO NIBISAMBO INYAMIRAMBO

INDEGE YA MTN IRIGUKORA MURI TOUR DU RWANDA YINJIWEMO NIBISAMBO INYAMIRAMBO Ninyuma gato yuko isigantwa rwahagurukaga ihuye rwerekeza kigali mumvura nyinshi cyane yatumye abari bayirinze bajya kugama abandi bahungu 3…

Read more

DJIHAD,NESTA,K JOHN,XAVIER BAKATIWE IMYAKA 3 NURUKIKO RW’IBANZE RWA KICUKIRO

DJIHAD,NESTA,K JOHN,XAVIER BAKATIWE IMYAKA 3 NURUKIKO RW’IBANZE RWA KICUKIRO Nyuma yo kuburana mu mizi ku cyaha bacyekwagaho cyo gukwirakwiza amashusho yerekeye imikoreshereze y’ibitsina, abakubiye muri dosiye y’ikirego cy’umuhazi Yampano bamaze…

Read more

UMUNYAMAKURU KAZI GLORIA MUKAMABANO YASEZEYE UMWUGA WITAGANZAMAKURU AVUYE KURI RBA

UMUNYAMAKURU KAZI GLORIA MUKAMABANO YASEZEYE UMWUGA WITAGANZAMAKURU AVUYE KURI RBA Umunyamakuru Gloria Mukamabano, wamenyekanye cyane asoma amakuru kuri Televiziyo Rwanda yasezeye Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) nyuma y’imyaka icyenda. Amakuru UTMS…

Read more

UMUNYAMAKURU AKABA NUMUHANZI UNCLE AUSTIN YASEZEYE UMWUGA WITANGAZAMAKURU

UNYAMAKURU AKABA NUMUHANZI UNCLE AUSTIN YASEZEYE UMWUGA WITANGAZAMAKURU Umunyamakuru UNCLE AUSTIN yaramaze igihe kingana nimyaka 26 mumwuga witangazamakuru aho yabitangiye akiri muto yiga muri secondary school aho yatangazaga amakuru mucyigo…

Read more

Nyuma y’igihe kingana n’imyaka ibiri atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Kenny Sol yongeye gutangazwa mu bazasusurutsa abazitabira iri serukiramuco rikomeye ritegurwa na East African Promoter (EAP) ku bufatanye na MTN Rwanda.

Ni ku nshuro ya kabiri Kenny Sol agiye kugaragara muri ibi bitaramo, kuko aheruka kuririmbamo mu 2023, mu gihe iri serukiramuco ryari rimaze gufata indi ntera mu kuzenguruka Intara zitandukanye…

Read more