Ben na Chance Bateguje ko bagiye gutaramira muri BK Arena mu gitaramo cy’amateka
Abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda, Ben and Chance, bemeje bidasubirwaho ko bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika. Ni igitaramo bise “Easter…
Read moreUwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu barimo Umufaransakazi Karine Buisset wakoreraga ishami ry’Umuryango…
Read moreUEFA Champions League: Real Madrid yakoreye amabara Manchester City
Ikipe ya Real Madrid yugarijwe n’imvune yatunguranye itsinda Manchester City mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions League. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hakomeje imikino ibanza ya 1/8…
Read morePerezida Kagame yitabiriye inama ijyanye ni ingufu za Nukiliyeri i Paris
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umuhango wo gutangiza inama ya kabiri mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’imikoreshereze y’ingufu za nukiliyeri, ibera i Paris mu gihugu…
Read moreNgabo Roben wari Umunyamakuru wa RadioTv10 yerekeje muri FERWAFA
Umunyamakuru w’imikino Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Ngabo Roben’ wakoraga kuri RadioTV10, yerekeje mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nk’umukozi ushinzwe inozabubanyi n’itangazamakuru muri FERWAFA. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya…
Read moreRIB yerekanye abagabo 2 bafatiwe mubyaha byubugome bitandukanye
AMAKURU AGEZWEHOKuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu babiri bafatiwe mu byaha by’ubugome bitandukanye. Aba basore barimo uw’imyaka 27 n’ufite 31 bakurikiranyweho ibyaha…
Read moreicyinicyo gihe Itariki y’igitaramo cya King James cy’imyaka 20 ari mu muziki yamenyekanye
Ruhumuriza James wamamaye nka King James, umwe mu bahanzi bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyihariye cyo kwizihiza imyaka 20 amaze ari mu muziki.…
Read moreMadamu Jeannette Kagame yitabiriye Siporo rusange yahujwe no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore kuri kcc
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Siporo Rusange yo mu mujyi wa Kigali izwi nka Car Free Day yahujwe kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore. Kuri iki Cyumweru ni bwo hizihijwe Umunsi mpuzamahanga w’Umuhanga.…
Read moreJoeboy yatangaje ko Tyla yari akwiriye Grammy Awards nubwo hari benshi batabyishimiye
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Joeboy yavuze ko umunyamuziki w’Umunya-Afurika y’Epfo Tyla yari akwiriye igihembo cya Grammy Awards 2026 yatsindiye mu cyiciro cya Best African Music Performance, nubwo hari benshi babyakiriye nabi. Mu…
Read more
Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi
U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90
Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro
Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus
Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza
Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)
Shakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi cya 2026
Aimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana
Bamwe mu bakunzi ba King James basabye ko igitaramo afite cyimurirwa muri Stade Amahoro
Beyoncé yabyitabiriye nyuma y’imyaka 10: Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Meta Gala 2026
















































































