Perezida Kagame yitabiriye inama ijyanye ni ingufu za Nukiliyeri i Paris
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umuhango wo gutangiza inama ya kabiri mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’imikoreshereze y’ingufu za nukiliyeri, ibera i Paris mu gihugu…
Read moreNgabo Roben wari Umunyamakuru wa RadioTv10 yerekeje muri FERWAFA
Umunyamakuru w’imikino Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Ngabo Roben’ wakoraga kuri RadioTV10, yerekeje mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nk’umukozi ushinzwe inozabubanyi n’itangazamakuru muri FERWAFA. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya…
Read moreRIB yerekanye abagabo 2 bafatiwe mubyaha byubugome bitandukanye
AMAKURU AGEZWEHOKuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu babiri bafatiwe mu byaha by’ubugome bitandukanye. Aba basore barimo uw’imyaka 27 n’ufite 31 bakurikiranyweho ibyaha…
Read moreicyinicyo gihe Itariki y’igitaramo cya King James cy’imyaka 20 ari mu muziki yamenyekanye
Ruhumuriza James wamamaye nka King James, umwe mu bahanzi bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyihariye cyo kwizihiza imyaka 20 amaze ari mu muziki.…
Read moreMadamu Jeannette Kagame yitabiriye Siporo rusange yahujwe no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore kuri kcc
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Siporo Rusange yo mu mujyi wa Kigali izwi nka Car Free Day yahujwe kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore. Kuri iki Cyumweru ni bwo hizihijwe Umunsi mpuzamahanga w’Umuhanga.…
Read moreJoeboy yatangaje ko Tyla yari akwiriye Grammy Awards nubwo hari benshi batabyishimiye
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Joeboy yavuze ko umunyamuziki w’Umunya-Afurika y’Epfo Tyla yari akwiriye igihembo cya Grammy Awards 2026 yatsindiye mu cyiciro cya Best African Music Performance, nubwo hari benshi babyakiriye nabi. Mu…
Read moreBrazilian Jiu-Jitsu (BJJ) in Kigali head coach Lorenzo Caldarelli
Brazilian Jiu-Jitsu (BJJ) in Kigali –Brazilian Jiu-Jitsu (BJJ) is a martial art and combat sport that focuses on ground fighting, technique, and strategy rather than pure strength. The main goal…
Read moreDonald Trump yakiriye Lionel Messi muri White House kunshuro yambere
Donald Trump yabaye Perezida wa mbere wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakiriye kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi muri White House. Mu rukerera rwo kuri…
Read moreGukorwaho n’umugore bifasha umugabo gukira indwara zirimo umuvuduko w’amaraso – Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara bwerekanye ko gukorwaho n’umugore mu buryo bwuje urukundo n’impuhwe bishobora kugira uruhare rukomeye mu gukiza cyangwa kugabanya uburibwe n’umunaniro ku bagabo. Nk’uko abashakashatsi babigaragaje, mu gihe…
Read more
Yago Pondat ari mu bitaro
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo Kwibuka
Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse
Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye
U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali
Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga
Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.
Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Dr. William Samoei Ruto wa Kenya batangije ibikorwa byo kongera umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu byombi, ukazakomereza mu Rwanda.
Mu ijoro ryakeye ryo ku wa 17 Werurwe 2026 Doja Cat wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataramiye i Kigali mu gitaramo cya ‘Move Afrika’ aho yavuye buri wese mu bacyitabiriye amukuriye ingofero.

























































