Umunyarwanda yahembewe umusanzu atanga mu bushakashatsi ku rwungano rw’imitsi
Umunyarwanda Dr Olivier Uwishema, yahawe igihembo n’Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ku Rwungano rw’Imitsi (American Academy of Neurology/ AAN) rimushimira umusnzu atanga mu bushakatsi n’ubuvuzi mu birebana n’urwungano rw’imitsi (neurology). Urungano rw’imitsi…
Read moreAmerika yashyize urumogi mu cyiciro cy’ibitangiriza ubuzima
Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2026, Minisitiri w’Ubutabera w’agateganyo, Todd Blanche, yahinduye ibyiciro by’imiti n’ibicuruzwa bisangwamo urumogi, abikura mu cyiciro cya mbere bishyirwa mu cya gatatu kidahungabanya ababikoresha.…
Read moreKinshasa: Ubushinjacyaha bwandagarijwe mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda
Ku wa 21 Mata 2026, Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwandagarijwe mu rubanza rwa Lt Gen Philémon Yav Irung ushinjwa gukorana na Leta y’u Rwanda. Lt Gen…
Read moreYago Pondat ari mu bitaro
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka. Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi…
Read morePerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo Kwibuka
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umugoroba wabereye muri BK Arena ahasorejwe urugendo rwo Kwibuka, aho Perezida…
Read moreIkaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse
Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa nk’impano iturutse ku bufindo, kandi amakimbirane bayakemuza umukino wa Cricket.…
Read moreHagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye
Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…
Read moreU Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwegukana Igikombe cya FIFA Series 2026 mu Itsinda A, bagaragaza ka ari intangiriro nziza z’uko ikipe izatungurana mu minsi…
Read moreColds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga
Ikigo gitanga serivisi zo gutunganya no kubika ibicuruzwa bikenera ubukonje bwihariye, Cold Solutions Rwanda, cyatangaje ko cyafunguye inzu itangirwamo izo serivisi iri ku buso bwa meterokare 1.400, izakurikirwa no gufungura…
Read moreIbyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni
Abantu benshi bakunze kumva ko mu gihe cy’amakimbirane hagati y’ibihugu, hakunze kubaho kwitabaza Loni ngo igire icyo ikora nk’umuryango mpuzamahanga. Ni kenshi iyo nyito ya kabiri ikoreshwa nk’irindi zina rya…
Read more
Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi
U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90
Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro
Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus
Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza
Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)
Shakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi cya 2026
Aimable Karasira wari urangije igihano cy’igifungo yitabye Imana
Bamwe mu bakunzi ba King James basabye ko igitaramo afite cyimurirwa muri Stade Amahoro
Beyoncé yabyitabiriye nyuma y’imyaka 10: Uko ibyamamare byaserutse mu birori bya Meta Gala 2026
















































































