Djihad yasobanuriye urukiko ibyo apfa na Semuhungu na Xinda asaba ko ubuhamya bwabo bwateshwa agaciro
Ubwo yaburanaga ubujurire bwe kuri uyu wa Mbere, Djihad [Uzabakiriho Cyprien] yavuze ko afitanye ibibazo na Eric Semuhungu na Xinda byatumye bamwihimuraho bamutangira ubuhamya butari bwo asaba ko yagirwa umwere…
Read moreEric Semuhungu yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo yerekeza mu igororero rya Nyarugenge
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Eric Semuhungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo agakomeza gukurikiranwa afunze nyuma y’uko rusanze hari impamvu zikomeye ku byaha acyekwaho. Urubanza rwa Eric Semuhungu rwabaye ku…
Read moreDJ Toxxyk yafunguwe nyuma y’amezi ane n’iminsi 14 ahanishwa amande n’imirimo nsimburagifungo
Kuri uyu Mbere tariki ya 4 Gicurasi 2026, ni bwo Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk arekurwa, nyuma yo kumuhamya ibyaha yari…
Read moreU Rwanda rurateganya gushyiraho itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko harimo gutegurwa itegeko rifasha ababyeyi gukumira abana bataruzuza imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga kuko byagaragaye ko gukoresha ikoranabuhanga nabi bibagiraho ingaruka haba ku…
Read moreMwe bato mumenye ko ukuri tuvuga ko guca mu ziko ntigushye-Madamu Jeannette Kagame
“Mwe bato, mumenye ko ukuri n’ubwo tuvuga ko guca mu ziko ntigushye ndetse igihe cyose gutsinda umwijima, ariko ntikwirwanirira. Bisaba abantu bahaguruka bakagushyira ahagaragara, bakoresheje ubwenge n’ubushishozi kuko abarwanya ukuri…
Read moreU Buhinde: Banki yamusabye icyemezo cy’uwapfuye, ayishyira umurambo
Umugabo wo mu Buhinde muri Leta ya Odisha mu Karere ka Keonjhar witwa Jitu Munda yacukuye ahari hashyinguwe mushiki we akuramo umurambo awujyana kuri banki kugira ngo abikuze amafaranga yari kuri…
Read morePerezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Bayern Munchen
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakurikiye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Paris Saint-Germain na Bayern Munchen. Ni umukino wakinwe mu ijoro ryo ku wa…
Read moreKigali: Harageragezwa ikoranabuhanga rifasha abagenzi kumenya aho bisi igeze n’imyanya ifite
Sosiyete ya Leta ishinzwe gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali (Ecofleet Solutions) yatangaje ko yatangiye kugerageza uburyo bw’ikoranabuhanga mu gutega bisi, aho umugenzi amenya aho igeze…
Read moreUmukinnyi wa Nollywood Solomon Akiyesi, yitabye Imana
Umukinnyi wa filimi wabifatanyaga n’ubucuruzi wamenyekanye mu gukina izo muri Nigeria ari na ho avuka, Solomon Akiyesi yitabye Imana ibintu byababaje abakunzi b’ibikorwa bye, umuryango n’inshuti. Inkuru y’akababaro yamenyekanye ku…
Read moreUmunyarwanda yahembewe umusanzu atanga mu bushakashatsi ku rwungano rw’imitsi
Umunyarwanda Dr Olivier Uwishema, yahawe igihembo n’Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ku Rwungano rw’Imitsi (American Academy of Neurology/ AAN) rimushimira umusnzu atanga mu bushakatsi n’ubuvuzi mu birebana n’urwungano rw’imitsi (neurology). Urungano rw’imitsi…
Read more















