Yago Pondat ari mu bitaro
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka. Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi…
Read morePerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo Kwibuka
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umugoroba wabereye muri BK Arena ahasorejwe urugendo rwo Kwibuka, aho Perezida…
Read moreIkaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse
Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa nk’impano iturutse ku bufindo, kandi amakimbirane bayakemuza umukino wa Cricket.…
Read moreHagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye
Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…
Read moreU Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwegukana Igikombe cya FIFA Series 2026 mu Itsinda A, bagaragaza ka ari intangiriro nziza z’uko ikipe izatungurana mu minsi…
Read morePerezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.
Mu 2025 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje amabwiriza mashya, arimo ingingo isaba abashaka gushinga imiryango ishingiye ku myemerere kuba bafite inyubako yihariye igenewe gusengerwamo gusa, kandi bakabanza gukusanya imikono…
Read moreKuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Dr. William Samoei Ruto wa Kenya batangije ibikorwa byo kongera umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu byombi, ukazakomereza mu Rwanda.
Uyu muhanda unyura mu karere ka Naivasha, Kisumu na Malaba muri Kenya. Biteganyijwe ko uzahava ukomereze i Kampala, hanyuma hatangire ibikorwa byo kuwumanura werekeza ku Rwanda. Biteganyijwe kandi ko uyu…
Read moreMu ijoro ryakeye ryo ku wa 17 Werurwe 2026 Doja Cat wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataramiye i Kigali mu gitaramo cya ‘Move Afrika’ aho yavuye buri wese mu bacyitabiriye amukuriye ingofero.
Mu bitabiriye iki gitaramo batashye bemeye uyu muhanzi harimo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe. Abinyujije ku rukuta rwe rwa ‘X’, Amb. Nduhungirehe yavuze ko yitabiriye ibitaramo…
Read moreMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yasabye urubyiruko gutinyuka rukayoboka ubuhinzi n’ubworozi kuko harimo amahirwe menshi kandi igihugu gikeneye kugira urubyiruko rugifasha mu kubona ibiryo bihagije kandi bifite ubuziranenge.
Yabigarutseho mu biganiro byahuje urubyiruko ruri mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi n’urushaka kuyoboka urwo rwego nka rumwe mu rufatiye runini ubukungu bwa Afurika. Ni ibiganiro byateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku iterambere…
Read moreHazubakwa inzu hafi 5000 zihendutse: Imishinga y’imiturire u Rwanda ruzibandaho muri 2026
Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye kugira ngo intego za gahunda y’igihugu ya kabiri yo kwihutisha iterambere zigerweho.Kimwe mu biri kwibandwaho mu ikoreshwa ry’ingengo y’imari harimo no…
Read more















