Ibintu 5 byafashije King James guca agahigo mu Rwanda mu kugurisha amatike yose mu minsi itatu “Sold Out”
Mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, si kenshi wumva inkuru y’igitaramo gishyirwa ku isoko, amatike agashira mu minsi mike cyane, kandi hakiri amezi menshi ngo kibe. Ni ibintu bisaba izina rikomeye,…
Read moreEric Semuhungu yakatiwe iminsi 30 y’agateganyo yerekeza mu igororero rya Nyarugenge
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Eric Semuhungu afungwa iminsi 30 y’agateganyo agakomeza gukurikiranwa afunze nyuma y’uko rusanze hari impamvu zikomeye ku byaha acyekwaho. Urubanza rwa Eric Semuhungu rwabaye ku…
Read moreU Rwanda rurateganya gushyiraho itegeko ribuza abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko harimo gutegurwa itegeko rifasha ababyeyi gukumira abana bataruzuza imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga kuko byagaragaye ko gukoresha ikoranabuhanga nabi bibagiraho ingaruka haba ku…
Read moreMwe bato mumenye ko ukuri tuvuga ko guca mu ziko ntigushye-Madamu Jeannette Kagame
“Mwe bato, mumenye ko ukuri n’ubwo tuvuga ko guca mu ziko ntigushye ndetse igihe cyose gutsinda umwijima, ariko ntikwirwanirira. Bisaba abantu bahaguruka bakagushyira ahagaragara, bakoresheje ubwenge n’ubushishozi kuko abarwanya ukuri…
Read morePerezida Kagame yakurikiye umukino wa Paris Saint-Germain na Bayern Munchen
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakurikiye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Paris Saint-Germain na Bayern Munchen. Ni umukino wakinwe mu ijoro ryo ku wa…
Read moreKigali: Harageragezwa ikoranabuhanga rifasha abagenzi kumenya aho bisi igeze n’imyanya ifite
Sosiyete ya Leta ishinzwe gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali (Ecofleet Solutions) yatangaje ko yatangiye kugerageza uburyo bw’ikoranabuhanga mu gutega bisi, aho umugenzi amenya aho igeze…
Read moreUmukinnyi wa Nollywood Solomon Akiyesi, yitabye Imana
Umukinnyi wa filimi wabifatanyaga n’ubucuruzi wamenyekanye mu gukina izo muri Nigeria ari na ho avuka, Solomon Akiyesi yitabye Imana ibintu byababaje abakunzi b’ibikorwa bye, umuryango n’inshuti. Inkuru y’akababaro yamenyekanye ku…
Read moreUmunyarwanda yahembewe umusanzu atanga mu bushakashatsi ku rwungano rw’imitsi
Umunyarwanda Dr Olivier Uwishema, yahawe igihembo n’Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi ku Rwungano rw’Imitsi (American Academy of Neurology/ AAN) rimushimira umusnzu atanga mu bushakatsi n’ubuvuzi mu birebana n’urwungano rw’imitsi (neurology). Urungano rw’imitsi…
Read moreAmerika yashyize urumogi mu cyiciro cy’ibitangiriza ubuzima
Kuri uyu wa Kane tariki 23 Mata 2026, Minisitiri w’Ubutabera w’agateganyo, Todd Blanche, yahinduye ibyiciro by’imiti n’ibicuruzwa bisangwamo urumogi, abikura mu cyiciro cya mbere bishyirwa mu cya gatatu kidahungabanya ababikoresha.…
Read moreYago Pondat ari mu bitaro
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka. Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi…
Read more















