Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse
Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa nk’impano iturutse ku bufindo, kandi amakimbirane bayakemuza umukino wa Cricket.…
Read moreU Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwegukana Igikombe cya FIFA Series 2026 mu Itsinda A, bagaragaza ka ari intangiriro nziza z’uko ikipe izatungurana mu minsi…
Read moreIbyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni
Abantu benshi bakunze kumva ko mu gihe cy’amakimbirane hagati y’ibihugu, hakunze kubaho kwitabaza Loni ngo igire icyo ikora nk’umuryango mpuzamahanga. Ni kenshi iyo nyito ya kabiri ikoreshwa nk’irindi zina rya…
Read morePerezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.
Mu 2025 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje amabwiriza mashya, arimo ingingo isaba abashaka gushinga imiryango ishingiye ku myemerere kuba bafite inyubako yihariye igenewe gusengerwamo gusa, kandi bakabanza gukusanya imikono…
Read moreMu ijoro ryakeye ryo ku wa 17 Werurwe 2026 Doja Cat wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yataramiye i Kigali mu gitaramo cya ‘Move Afrika’ aho yavuye buri wese mu bacyitabiriye amukuriye ingofero.
Mu bitabiriye iki gitaramo batashye bemeye uyu muhanzi harimo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe. Abinyujije ku rukuta rwe rwa ‘X’, Amb. Nduhungirehe yavuze ko yitabiriye ibitaramo…
Read moreLeta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gukura mu ntambara zihanganyemo na Iran ubwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, nyuma yo gufatwa n’inkongi ikomeye.
USS Gerald R. Ford ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 4000, indege zirenga 75 z’intambara. Ifite ikoranabuhanga rihambaye rigenzura ibibera mu kirere no mu nyanja ndetse n’imbunda ziremereye. Ubu bwato bufite…
Read moreAbakinnyi b’intoranywa bavuye mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika, bagiye guhurira mu irushanwa mpuzamahanga ry’Iteramakofe rya Kigali Fight Night riteganyijwe mu ijoro rya tariki ya 28 Werurwe 2026.
Kigali Fight Night ni rimwe mu marushanwa akomeye y’Iteramakofe akinwa mu Rwanda, dore ko riheruka kuba mu mwaka ushize wa 2025, gusa rikaba ryari ryiganjemo Abanyarwanda. Kuri iyi nshuro ryongeyemo…
Read moreMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yasabye urubyiruko gutinyuka rukayoboka ubuhinzi n’ubworozi kuko harimo amahirwe menshi kandi igihugu gikeneye kugira urubyiruko rugifasha mu kubona ibiryo bihagije kandi bifite ubuziranenge.
Yabigarutseho mu biganiro byahuje urubyiruko ruri mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi n’urushaka kuyoboka urwo rwego nka rumwe mu rufatiye runini ubukungu bwa Afurika. Ni ibiganiro byateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku iterambere…
Read moreMAN CITY YONGEYE KUVA KU BINTU ,ARSENAL IBYINIRA KU RUKOMA
Arsenal yongeye gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) nyuma yo kugira amanota 70 Ibi bije nyuma y’intsinzi ikomeye Arsenal yakuye kuri Everton mu mpera z’icyumweru…
Read moreUmukino utegerejwemo Messi na Yamal ushobora gusubikwa kubera kutumvikana
Umukino ukomeye wa Finalissima utegerejwemo Lionel Messi na Lamine Yamal ushobora gusubikwa nyuma y’uko habayeho kutumvikana kuri Stade izawakira. Uyu mukino uhuza ikipe yegukanye igikombe cy’Umugabane w’Iburayi cya Euro na…
Read more











