Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye
Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…
Read moreIbyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni
Abantu benshi bakunze kumva ko mu gihe cy’amakimbirane hagati y’ibihugu, hakunze kubaho kwitabaza Loni ngo igire icyo ikora nk’umuryango mpuzamahanga. Ni kenshi iyo nyito ya kabiri ikoreshwa nk’irindi zina rya…
Read morePerezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.
Mu 2025 ni bwo Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje amabwiriza mashya, arimo ingingo isaba abashaka gushinga imiryango ishingiye ku myemerere kuba bafite inyubako yihariye igenewe gusengerwamo gusa, kandi bakabanza gukusanya imikono…
Read moreKuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Dr. William Samoei Ruto wa Kenya batangije ibikorwa byo kongera umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu byombi, ukazakomereza mu Rwanda.
Uyu muhanda unyura mu karere ka Naivasha, Kisumu na Malaba muri Kenya. Biteganyijwe ko uzahava ukomereze i Kampala, hanyuma hatangire ibikorwa byo kuwumanura werekeza ku Rwanda. Biteganyijwe kandi ko uyu…
Read moreLeta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gukura mu ntambara zihanganyemo na Iran ubwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, nyuma yo gufatwa n’inkongi ikomeye.
USS Gerald R. Ford ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 4000, indege zirenga 75 z’intambara. Ifite ikoranabuhanga rihambaye rigenzura ibibera mu kirere no mu nyanja ndetse n’imbunda ziremereye. Ubu bwato bufite…
Read moreMinisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yasabye urubyiruko gutinyuka rukayoboka ubuhinzi n’ubworozi kuko harimo amahirwe menshi kandi igihugu gikeneye kugira urubyiruko rugifasha mu kubona ibiryo bihagije kandi bifite ubuziranenge.
Yabigarutseho mu biganiro byahuje urubyiruko ruri mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi n’urushaka kuyoboka urwo rwego nka rumwe mu rufatiye runini ubukungu bwa Afurika. Ni ibiganiro byateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ryita ku iterambere…
Read moreAlain Destexhe abona ko Amerika yakabaye iryoza Leta ya RDC kwanga kwitandukanya na FDLR
Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abaganga batagira umupaka, MSF, yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakabaye zifatira ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibihano…
Read moreUwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu barimo Umufaransakazi Karine Buisset wakoreraga ishami ry’Umuryango…
Read morePerezida Kagame yitabiriye inama ijyanye ni ingufu za Nukiliyeri i Paris
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umuhango wo gutangiza inama ya kabiri mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’imikoreshereze y’ingufu za nukiliyeri, ibera i Paris mu gihugu…
Read moreAbanyarwanda bari muri UAE na Bahrain basabwe kwiyandikisha bagahabwa ubufasha bakanitabwaho
Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain basabwe kwiyandikisha bagahabwa ubufasha bakanitabwaho Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu [UAE] yahamagariye Abanyarwanda bari muri iki gihugu n’abari muri Bahrain muri…
Read more












