Hazubakwa inzu hafi 5000 zihendutse: Imishinga y’imiturire u Rwanda ruzibandaho muri 2026
Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye kugira ngo intego za gahunda y’igihugu ya kabiri yo kwihutisha iterambere zigerweho.Kimwe mu biri kwibandwaho mu ikoreshwa ry’ingengo y’imari harimo no…
Read moreUwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu barimo Umufaransakazi Karine Buisset wakoreraga ishami ry’Umuryango…
Read moreNgabo Roben wari Umunyamakuru wa RadioTv10 yerekeje muri FERWAFA
Umunyamakuru w’imikino Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Ngabo Roben’ wakoraga kuri RadioTV10, yerekeje mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nk’umukozi ushinzwe inozabubanyi n’itangazamakuru muri FERWAFA. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya…
Read moreicyinicyo gihe Itariki y’igitaramo cya King James cy’imyaka 20 ari mu muziki yamenyekanye
Ruhumuriza James wamamaye nka King James, umwe mu bahanzi bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyihariye cyo kwizihiza imyaka 20 amaze ari mu muziki.…
Read moreMadamu Jeannette Kagame yitabiriye Siporo rusange yahujwe no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore kuri kcc
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Siporo Rusange yo mu mujyi wa Kigali izwi nka Car Free Day yahujwe kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore. Kuri iki Cyumweru ni bwo hizihijwe Umunsi mpuzamahanga w’Umuhanga.…
Read moreJoeboy yatangaje ko Tyla yari akwiriye Grammy Awards nubwo hari benshi batabyishimiye
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Joeboy yavuze ko umunyamuziki w’Umunya-Afurika y’Epfo Tyla yari akwiriye igihembo cya Grammy Awards 2026 yatsindiye mu cyiciro cya Best African Music Performance, nubwo hari benshi babyakiriye nabi. Mu…
Read moreDonald Trump yakiriye Lionel Messi muri White House kunshuro yambere
Donald Trump yabaye Perezida wa mbere wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakiriye kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi muri White House. Mu rukerera rwo kuri…
Read moreGukorwaho n’umugore bifasha umugabo gukira indwara zirimo umuvuduko w’amaraso – Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara bwerekanye ko gukorwaho n’umugore mu buryo bwuje urukundo n’impuhwe bishobora kugira uruhare rukomeye mu gukiza cyangwa kugabanya uburibwe n’umunaniro ku bagabo. Nk’uko abashakashatsi babigaragaje, mu gihe…
Read moreKwigunga bikabije bingana no kunywa itabi inshuro 15 ku munsi – Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bushya bwakozwe na Brigham Young University (BYU) bwerekanye ko kubaho mu bwigunge buhoraho bishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu, ku buryo byongera ibyago byo gupfa imburagihe ku kigero…
Read more















