Umukino utegerejwemo Messi na Yamal ushobora gusubikwa kubera kutumvikana

Umukino ukomeye wa Finalissima utegerejwemo Lionel Messi na Lamine Yamal ushobora gusubikwa nyuma y’uko habayeho kutumvikana kuri Stade izawakira. Uyu mukino uhuza ikipe yegukanye igikombe cy’Umugabane w’Iburayi cya Euro na…

Read more

Hazubakwa inzu hafi 5000 zihendutse: Imishinga y’imiturire u Rwanda ruzibandaho muri 2026

Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye kugira ngo intego za gahunda y’igihugu ya kabiri yo kwihutisha iterambere zigerweho.Kimwe mu biri kwibandwaho mu ikoreshwa ry’ingengo y’imari harimo no…

Read more

Ben na Chance Bateguje ko bagiye gutaramira muri BK Arena mu gitaramo cy’amateka

Abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda, Ben and Chance, bemeje bidasubirwaho ko bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika. Ni igitaramo bise “Easter…

Read more

Uwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu barimo Umufaransakazi Karine Buisset wakoreraga ishami ry’Umuryango…

Read more

UEFA Champions League: Real Madrid yakoreye amabara Manchester City

Ikipe ya Real Madrid yugarijwe n’imvune yatunguranye itsinda Manchester City mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions League. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hakomeje imikino ibanza ya 1/8…

Read more

Perezida Kagame yitabiriye inama ijyanye ni ingufu za Nukiliyeri i Paris

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umuhango wo gutangiza inama ya kabiri mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’imikoreshereze y’ingufu za nukiliyeri, ibera i Paris mu gihugu…

Read more

Ngabo Roben wari Umunyamakuru wa RadioTv10 yerekeje muri FERWAFA

Umunyamakuru w’imikino Ngaboyicondo Roben uzwi nka ‘Ngabo Roben’ wakoraga kuri RadioTV10, yerekeje mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nk’umukozi ushinzwe inozabubanyi n’itangazamakuru muri FERWAFA. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya…

Read more

RIB yerekanye abagabo 2 bafatiwe mubyaha byubugome bitandukanye

AMAKURU AGEZWEHOKuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu babiri bafatiwe mu byaha by’ubugome bitandukanye. Aba basore barimo uw’imyaka 27 n’ufite 31 bakurikiranyweho ibyaha…

Read more

icyinicyo gihe Itariki y’igitaramo cya King James cy’imyaka 20 ari mu muziki yamenyekanye

Ruhumuriza James wamamaye nka King James, umwe mu bahanzi bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyihariye cyo kwizihiza imyaka 20 amaze ari mu muziki.…

Read more