Kwigunga bikabije bingana no kunywa itabi inshuro 15 ku munsi – Ubushakashatsi

being alone without being lonely

Ubushakashatsi bushya bwakozwe na Brigham Young University (BYU) bwerekanye ko kubaho mu bwigunge buhoraho bishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu, ku buryo byongera ibyago byo gupfa imburagihe ku kigero cya 26%.

Ibi byagereranyijwe n’ingaruka umuntu yagira mu gihe anyweye itabi inshuro 15 ku munsi.

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!

Ubwigunge mu mibereho y’Urubyiruko rwa Gen Z

N’ubwo urubyiruko rwa Generation Z rufatwa nk’urwihuza cyane ku mbuga nkoranyambaga n’ikoranabuhanga, ubushakashatsi bwerekanye ko ari rwo ruri mu bwigunge bukabije kurusha andi matsinda y’imyaka. Ibi bigaragaza ko gukoresha ikoranabuhanga bidashobora gusimbura umubonano nyakuri n’abandi mu buzima bwa buri munsi.

alone backlit clouds 805002 1024x711

Ingaruka z’ubwigunge ku buzima

Abashakashatsi bagaragaje ko kubura ubusabane n’abandi bigira ingaruka nyinshi kandi ziremereye ku buzima, zirimo: Kwiyongera kw’ibyago byo gupfa imburagihe, Indwara zo mu mutwe – byongera cyangwa bigatera agahinda gakabije n’umuhangayiko, Kugabanuka k’ubwenge – byongera ibyago byo kwibasirwa na dementia n’izindi ndwara zijyanye no gusaza k’ubwonko, Indwara z’umutima n’izindi ndwara zidakira

Impamvu hifashishwa ishusho y’amatabi 15 ku munsi.

17566351694243158eac1 72b2 411d b98b eb3dfb81c677

Iri gereranya ryakoreshejwe mu rwego rwo gusobanurira abantu uburemere bw’ubwigunge, no kubigaragaza nk’ikibazo gikomeye cy’ubuzima rusange. Kugereranya ubwigunge n’itabi bifasha abantu kumva neza ko ubwigunge bushobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima nk’iz’umuntu unywa itabi buri munsi.

hand writing with pen black glyph icon vector (1)

@jeyponly

Related Posts

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe! Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa…

Read more

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…

Read more

You Missed

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.