INDEGE YA MTN IRIGUKORA MURI TOUR DU RWANDA YINJIWEMO NIBISAMBO INYAMIRAMBO

screenshot

INDEGE YA MTN IRIGUKORA MURI TOUR DU RWANDA YINJIWEMO NIBISAMBO INYAMIRAMBO

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!

Ninyuma gato yuko isigantwa rwahagurukaga ihuye rwerekeza kigali mumvura nyinshi cyane yatumye abari bayirinze bajya kugama abandi bahungu 3 bataramenyekana imyirondoro baza bayinjiramo Amakuru ahari nuko nabyangiritse cyane abandi barigukurikirantwa

img 6333 (1)
screenshot

Umunya-Brazil Bravo Ribeiro ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Development Team yegukanye Agace ka Karindwi ka Tour du Rwanda 2026.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Gashyantare 2026 ni bwo Tour du Rwanda 2026 yakomeje hakinwa agace ka Karindwi kavuye i Musanze kerekeza mu mujyi wa Kigaki kur Kigali Pele Stadium banyuze i Gicumbi ku ntera y’ibilometero 147,2.

Kugeza kuri uyu munsi hari hasigayemo abakinnyi 67 muri 84 batangiye nyuma y’uko abandi bagiye bavamo bitewe n’impamvu zitandukanye. Nk’uko bisanzwe, abakinnyi babanje kugenda ibilometero 3.1 bitabarwa.

screenshot
Abakinnyi batangiye bari hamwe gusa bamwe bagashaka kugenda ariko bikarangira igikundi kibacitse. Bruno Martins w’Ikipe ya Localiza ni we wegukanye amanota y’Umusozi wa Buranga ku kilometero cya 19.
Reuben Thompson wa Lotto-Groupe Wanty yaje kujya imbere ubundi ku kilometero cya 30 Novak na Parrera ba Movistar Devo Team nabo bamusangayo.
Reuben Thompson yegukanye ya Sprint yatangiwe ku kilometero cya 40, yegukana amanota y’Umusozi wa Tetero n’ay’umusozi wa Gicumbi yatangiwe ku kilometero cya 83.
Ba bakinnyi batatu bari bari imbere bakomeje gushyiramo intera hagati yabo n’igikundi kugeza n’aho hagiyemo iminota ibiri. Mu bilometero 30 bya nyuma iyi ntera yatangiye kugabanyuka.
screenshot


Umunyarwanda waje hafi ni Masengesho Vainqueur wa Benediction Banafrica Team waje ku mwanya wa 16 akaba yasizwe amasegonda 30 n’uwa mbere.
Kretschy Moritz wa NSN Development Team ni we wakomeje kwambara mwambaro w’umuhondo. Umunyarwanda uza hafi ku rutonde rusange ni Niyonkuru Samuel wa Team Amani akaba ari ku mwanya wa 17 aho asigwa iminota itanu n’amasegonda 51 izakomeza ejo kuw 1.

Related Posts

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe! Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa…

Read more

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…

Read more

You Missed

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.