Donald Trump yakiriye Lionel Messi muri White House kunshuro yambere

1772772832105img 4389

Donald Trump yabaye Perezida wa mbere wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakiriye kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi muri White House.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ni bwo ikipe ya Inter Miami yakiriwe na Trump ngo ihabwe icyubahiro nyuma y’uko yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka ushize. 

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!
1772772888087img 4378

Ni ubwa mbere kapiteni w’iyi kipe, Messi yari ageze muri White House dore ko yashoboraga kuba yaragiyeyo mu ntangiriro z’umwaka ushize agiye guhabwa umudali w’ishimwe kubera ibikorwa bye by’indashyikirwa, ariko ntiyajyayo bitewe n’uko atari afite umwanya dore ko yari yibereye mu biruhuko. 

Trump yabwiye Messi ko umuhungu we amukunda cyane ndetse akaba akunda na Cristiano Ronaldo. Donald Trump yavuze ko Cristiano Ronaldo ari umuhanga na Lionel Messi akaba ari umuhanga ndetse bose bakaba bakunda ibintu bakora.

1772772866267img 4375

Yagize ati: “Cristiano ni umuhanga, uri umuhanga. Abakinnyi bakomeye cyane! Ni abakinnyi b’indashyikirwa bakunda ibyo bakora kandi bakabikora neza cyane”.

Perezida wa Amerika yavuze ko yatangiye gukurikira umupira w’amaguru hari Pele ariko ko Messi ashobora kuba amurenzeho. 

1772772875957img 4376

Yagize ati: “Cristiano ni umuhanga, uri umuhanga. Abakinnyi bakomeye cyane! Ni abakinnyi b’indashyikirwa bakunda ibyo bakora kandi bakabikora neza cyane”.

Perezida wa Amerika yavuze ko yatangiye gukurikira umupira w’amaguru hari Pele ariko ko Messi ashobora kuba amurenzeho. 

@jeyponly

hand writing with pen black glyph icon vector (1)

Related Posts

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe! Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa…

Read more

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…

Read more

You Missed

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.