BIRIKWIHUTISHWA IBIKORWA BYA MONETIZITION MURWANDA

img 6532

Ninyuma yaho ikibazo gitanzwe muntama yumushyikirana na Bruce Melody cyirikwigwaho byihuse ninzego zibishinzwe Mu myaka ishize, kwinjiza amafaranga ku mbuga nkoranyambaga byafatwaga nk’amahirwe make ahabwa abahanzi n’abanyabugeni bo mu bihugu bikize gusa.
Uko imbuga nkoranyambaga zagendaga zifata
intera, byahinduye Isi isoko imwe, aho uwari i Lagos, Nairobi cyangwa Kigali yashoboraga kugera ku bafana i New York cyangwa London.
Ariko kuri benshi mu Banyarwanda, iri shoramari rishya ryarahagaze. Nubwo YouTube, Facebook, Instagram na TikTok byabaye igikoresho gikomeye cyo kwamamaza no kwigaragaza, benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda baracyahura n’imbogamizi yo kutabasha kuzikoreraho amafaranga mu buryo bwemewe, keretse biyitiriye ibindi bihugu, ikintu kitagomba kuba mu gihugu gifite icyerekezo cyo kuba igicumbi cy’ikoranabuhanga.

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!
screenshot

Ni iki imbuga nkoranyambaga zisaba
igihugu kugira ngo gihabwe ‘Monetization’?
Minisitiri wIkoranabuhanga mu Itumanaho
na Inovasiyo, Paula Ingabire, kuri uyu wa Gatanu, yabwiye abari mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano, ko hari ibintu bitatu by’ingenzi imbuga nkoranyambaga zireba
mbere yo gufungura ‘monetization’ mu gihugu runaka:

  1. Isoko rihagije ry’abamamaza. Iki ni cyo
    cy’ingenzi kurusha ibindi.
    Imbuga nka Meta (Facebook & Instagram) na
    Google (YouTube) zishingira cyane ku mafaranga atangwa n’abamamaza. Bikorwa neza mu gihugugifite: Ibigo byinshi
    byiyemeza kwamamaza kuri internet, n’amafaranga ahoraho ashyirwa mukwamamaza.
    Mu Rwanda, Minisitiri Ingabire
img 6533

Abahanga mu ikoranabuhanga bavuga ko iyo
‘monetization’ ifunguwe: Abahanzi binjiza ku
ndirimbo n’amashusho yabo. Abanyabugeni (content creators) bakabasha kwibeshaho.
Urubyiruko rubona akazi gashya kadakeneye imigabane minini
Igihugu kikungukira mu misoro, ubukungu bushigiye ku ikoranabuhanga bugatera imbere. Ibi binagabanya ubushomeri, bikongera icyizere cy’urubyiruko, bigaha agaciro impano zo mu gihugu.
Inzira y’u Rwanda irimo iki?Nk’uko Perezida Kagame yabigaragaje, ikibazo ntikiri mu biganiro na Meta cyangwa Google, ahubwo kiri mu guhindura imyumvire y’abashoramari bo mu gihugu, bakumva ko:
Imbuga nkoranyambaga atari ahantu hogutangariza amakuru gusa, ahubwo ari isoko ry’ubucuruzi.

@jeyponly

hand writing with pen black glyph icon vector (1)

Related Posts

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe! Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa…

Read more

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…

Read more

You Missed

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.