Donald Trump yakiriye Lionel Messi muri White House kunshuro yambere

1772772832105img 4389

Donald Trump yabaye Perezida wa mbere wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakiriye kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami, Lionel Messi muri White House.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ni bwo ikipe ya Inter Miami yakiriwe na Trump ngo ihabwe icyubahiro nyuma y’uko yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka ushize. 

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!
1772772888087img 4378

Ni ubwa mbere kapiteni w’iyi kipe, Messi yari ageze muri White House dore ko yashoboraga kuba yaragiyeyo mu ntangiriro z’umwaka ushize agiye guhabwa umudali w’ishimwe kubera ibikorwa bye by’indashyikirwa, ariko ntiyajyayo bitewe n’uko atari afite umwanya dore ko yari yibereye mu biruhuko. 

Trump yabwiye Messi ko umuhungu we amukunda cyane ndetse akaba akunda na Cristiano Ronaldo. Donald Trump yavuze ko Cristiano Ronaldo ari umuhanga na Lionel Messi akaba ari umuhanga ndetse bose bakaba bakunda ibintu bakora.

1772772866267img 4375

Yagize ati: “Cristiano ni umuhanga, uri umuhanga. Abakinnyi bakomeye cyane! Ni abakinnyi b’indashyikirwa bakunda ibyo bakora kandi bakabikora neza cyane”.

Perezida wa Amerika yavuze ko yatangiye gukurikira umupira w’amaguru hari Pele ariko ko Messi ashobora kuba amurenzeho. 

1772772875957img 4376

Yagize ati: “Cristiano ni umuhanga, uri umuhanga. Abakinnyi bakomeye cyane! Ni abakinnyi b’indashyikirwa bakunda ibyo bakora kandi bakabikora neza cyane”.

Perezida wa Amerika yavuze ko yatangiye gukurikira umupira w’amaguru hari Pele ariko ko Messi ashobora kuba amurenzeho. 

@jeyponly

hand writing with pen black glyph icon vector (1)

Related Posts

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Thank you for reading this post, don’t…

Read more

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe!…

Read more

You Missed

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)