
AMAKURU AGEZWEHO
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu babiri bafatiwe mu byaha by’ubugome bitandukanye.


Aba basore barimo uw’imyaka 27 n’ufite 31 bakurikiranyweho ibyaha birimo icy’ubwambuzi bushukana n’icyo gusambanya abana b’abakobwa nyuma yo kubizeza akazi.






