
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umuhango wo gutangiza inama ya kabiri mpuzamahanga igamije kuganira ku iterambere n’imikoreshereze y’ingufu za nukiliyeri, ibera i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa
Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!
U Rwanda rukomeje kwerekana inyota yo guteza imbere urwego rw’ingufu zirambye, aho rwagiye rugirana amasezerano n’ibigo mpuzamahanga mu guteza imbere ingufu zigezweho zirimo n’izishingiye ku ikoranabuhanga rya nukiliyeri, mu rwego rwo kongera amashanyarazi no guteza imbere ubukungu.






