Gukorwaho n’umugore bifasha umugabo gukira indwara zirimo umuvuduko w’amaraso – Ubushakashatsi

360 f 263985005 ei4fnd2lg0kwelfbcksuuofptypk2xuw

Ubushakashatsi bushya bwashyizwe ahagaragara bwerekanye ko gukorwaho n’umugore mu buryo bwuje urukundo n’impuhwe bishobora kugira uruhare rukomeye mu gukiza cyangwa kugabanya uburibwe n’umunaniro ku bagabo.

Nk’uko abashakashatsi babigaragaje, mu gihe umugabo ari mu bihe by’umunaniro cyangwa afite ‘stress’, gukorwaho n’umugore we cyangwa uwo akunda bigabanya cyane ibipimo by’umutima n’umuvuduko w’amaraso, bigatuma agira ituze no kwiyumva neza.

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!

Ibi byagaragajwe binyuze mu igeragezwa ryakozwe n’abahanga mu by’ubuzima bwo mu mutwe, aho basanze abagabo bakoranyweho impuhwe n’abagore babo bagira ibihe bike byo guhangayika ugereranyije n’abatarabona ubwo bufasha.

Umwe mu bashakashatsi yagize ati: “Uko umuntu yakirwa, agakorwaho n’undi mu buryo bwuje urukundo, bigira ingaruka nziza ku mubiri no ku mutima. Umugore ashobora kuba umuti w’umugabo mu buryo bw’umwuka n’ubw’umubiri.”

happy romantic couple hugging summer field 1157 49819

Ubu bushakashatsi bwanagaragaje ko ukorwaho mu buryo bworoheje n’umugore mu gihe cy’agahinda cyangwa uburwayi bishobora kugabanya ububabare, bigafasha umugabo kongera kugira imbaraga no kwiyumvamo amahoro.

Abahanga bemeza ko ibi bigaragaza akamaro k’umubano mwiza hagati y’abashakanye, kandi ko urukundo rutavugwa ahubwo rugaragarira mu bikorwa n’imyitwarire y’urukundo.

Src: StudyFinds.org

hand writing with pen black glyph icon vector (1)

@jeyponly

Related Posts

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe! Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa…

Read more

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…

Read more

You Missed

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.