MAN CITY YONGEYE KUVA KU BINTU ,ARSENAL IBYINIRA KU RUKOMA

Arsenal yongeye gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) nyuma yo kugira amanota 70

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!

Ibi bije nyuma y’intsinzi ikomeye Arsenal yakuye kuri Everton mu mpera z’icyumweru gishize (tariki 14 Werurwe 2026), aho yatsinze ibitego 2-0. Muri uyu mukino, umwana muto w’imyaka 16, 

Max Dowman, yanditse amateka yo kuba umukinnyi ukiri muto ufunguye amazamu muri iyi shampiyona.

Dore uko urutonde rw’amakipe ane ya mbere ruhagaze kugeza ubu (ku wa 15 Werurwe 2026):

Umwanya IkipeImikinoAmanota
1Arsenal3170
2Manchester City3061
3Manchester United2951
4Aston Villa2951

Arsenal ubu irarusha Manchester City ya kabiri amanota 9, nubwo City ifite umukino w’ikirarane. Iyi nsinzi n’amanota 70 biyishyize mu mwanya mwiza wo kwegukana igikombe cya shampiyona iheruka mu 2004. 

651245975 122179403408388230 2296899351835525511 n

Ese urabona Arsenal izabasha kugumana uyu muvuduko kugeza shampiyona irangiye, cyangwa Manchester City ishobora kuyitungura?

Related Posts

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe! Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa…

Read more

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwegukana Igikombe cya FIFA Series 2026 mu Itsinda A, bagaragaza ka ari intangiriro nziza z’uko ikipe izatungurana mu minsi…

Read more

You Missed

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.