Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

89106fe4de46ca8987e387eba24337

Umugabo aba ashobora guhindura umugore cyangwa umugore agahindura umugabo igihe cyose ashakiye.

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!

Gucana inyuma ntibizwi kuri ibi birwa, abana babonwa nk’impano iturutse ku bufindo, kandi amakimbirane bayakemuza umukino wa Cricket.

Ibirwa bya Trobriand biherereye ku nyanja ya Solomon mu Burasirazuba bwa Papouasie-Nouvelle-Guinée.

Uko abatuye kuri ibi birwa babona imibonano mpuzabitsina bitandukanye cyane n’uko abantu hirya no hino ku Isi bayibona kuko bo bayibona nko kwikemurira akabazo aho kuba umurunga uhuza abakundana.

Abakobwa bo mu Birwa bya Trobriand ntibasabwa kwifata ngo bakomere ku busugi bwabo nka bimwe tumenyereye ahubwo bashishikarizwa kuryamana n’abasore uko bashatse aho abenshi batangira kubikora bafite imyaka mike.

Bakunda guhinduranya abakunzi. Abakobwa baho ni inzobere mu gutereta kandi batereta kimwe n’abasore.

Nubwo Abakoroni b’Abanya-Australia bagerageje kwigisha abaturage bo mu Birwa bya Trobriand indangagaciro za gikirisitu ntibabashije guhindura umuco wabo.

Ibyo bigaragarira no mu myambarire yabo kuko nubwo muri ibi birwa hageze imyenda, amashuri, n’ibindi bikorwa by’amajyambere ntibibabuza kwambara imyambaro gakondo ihisha igice cyo hasi gusa maze hejuru bakarimba indabyo n’indi mitako. Amabere ntafatwa nk’igice cy’ibanga ku bagore.

Related Posts

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Raporo nshya yagaragaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye zibizi, igitero cya missile zitageragejwe ngo harebwe ingaruka zazo, ku basivile bo Mujyi wa Lamerd mu majyepfo ya Iran, benshi…

Read more

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo kwegukana Igikombe cya FIFA Series 2026 mu Itsinda A, bagaragaza ka ari intangiriro nziza z’uko ikipe izatungurana mu minsi…

Read more

You Missed

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Ikaze muri Trobriand, aho abaturage bahinduranya abagabo n’abagore uko babishatse

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

Hagaragajwe uburyo Amerika yarashe ku basivile ba Iran ibigambiriye

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

U Rwanda ruraza gutungurana- Abakinnyi b’Amavubi nyuma yo kwegukana FIFA Series i Kigali

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Colds Solutions Rwanda yafunguye ikigo gitunganyirizwamo imboga n’imbuto byoherezwa mu mahanga

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Ibyo wamenya ku bihugu bitanu bitabarizwa muri Loni

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.