U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka.

Thank you for reading this post, don't forget to subscribe!

Mu itangazo inzego zishinzwe ubutabazi muri Uttar Pradesh zanyujije ku mbuga nkoranyambaga zatangaje ko inkubi y’umuyaga yibasiye iyi ntara ku wa 13 Gicurasi 2026.

Riti “Ibiza birimo inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura byibasiye Intara ya Uttar Pradesh bihitana abarenga 89.”

Iki kiza kandi cyakomerekeje abantu 53 gisenya inzu 87 gihitana amatungo 114.

Related Posts

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rutangaje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano mu muziki, ibyaha akurikiranyweho byageze kuri birindwi. Thank you for reading this post, don’t…

Read more

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Abinyujije mu ibaruwa ifunguye yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye ari gutera akabariro. Thank you for reading this post, don’t forget to subscribe! Ni…

Read more

You Missed

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

Ibyaha Yampano akekwaho byageze kuri birindwi

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye atera akabariro

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Pfizer yamaganye abatangaje ko urukingo rwayo rwa Covid-19 rutera Hantavirus

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Urukiko rw’u Bufaransa rwategetse ko iperereza kuri Agathe Kanziga rikomeza

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Bostwana (Amafoto)